Mu ijambo rye ry’ikaze, Gen Mubarakh yashimangiye umubano mwiza hagati y’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Nigeria, cyane ...
Guverinoma y'u Rwanda iramagana ubusabe w'Abagize Inteko Ishinga Amategeko y'Umuryango w'Ubumwe bw'Ibihugu by'u Burayi, yateranye igasabira ibihano u Rwanda hamwe n'abasirikare bakuru barwo. Ni Inteko ...
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko kuri uyu wa Gatanu wamaze gufata Ikibuga cy'Indege cya Kavumu, giherereye mu bilometero 30 uvuye i Bukavu mu Ntara ya Kivu y'Amajyepfo. Umuvugizi wa M23 mu rwego rwa ...
Abana bo mu bice bitandukanye by’Akarere ka Rubavu, bafite ababyeyi bombi bamaze igihe bafunzwe bazira kwambutsa ibiyobyabwenge, bavuga ko kwirera byabagizeho ingaruka zikomeye zirimo no kuva mu ...
Inzobere mu miturire ziravuga ko kugira ngo u Rwanda rukemure ikibazo cy’abakeneye inzu zo guturamo mu bice by’imijyi, hakenewe abashoramari bubaka inzu rusange nyinshi, zigerekeranye kandi ziboneka ...
Abahinzi bo mu bice bitandukanye by’Akarere ka Muhanga by’umwihariko abo mu Murenge wa Kibangu, basabwe kongera ubuso buhingwa kugira ngo bazabone umusaruro w’ibiribwa uhagije. Babibwiwe mu gihe ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kibukije Abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko kuzirikana ko icyorezo cya SIDA ntaho cyagiye, gishimangira ko uburyo bumwe bwizewe bwo kucyirinda ari ...
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR, John Rwangombwa yatangaje ko iyi banki yagumishije kuri 6.5% inyungu igurizaho amabanki y’ubucuruzi. Yabitangaje kuri uyu wa Kane, mu kiganiro n'abanyamakuru ...
Abatuye mu Ntara y’Amajyepfo barasaba ko bafashwa kubona amarimbi hafi y'aho batuye, ndetse n’aho yashyizwe hagashakwa uburyo bwo korohereza abatishoboye ku kiguzi cyo gushyingura. Abaturiye irimbi ry ...
U Rwanda ruravuga ko ibirego Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo yarureze mu Rukiko Nyafurika rw'Uburenganzira bwa Muntu, bishimangira imyitwarirere y’iki gihugu yo kuyobya uburari no kugereka ...
Abantu 7 bakekwaho kwiba no gucuruza ibikoresho bitandukanye by’amashanyarazi birimo n’ibitujuje ubuziranenge, byose bifite agaciro k’asaga miliyoni zirenga 150Frw, batawe muri yombi ku bufatanye bwa ...
Abahinzi bagera kuri 800 bari bamaze amezi 8 bahugurwa n’Umushinga Green Gicumbi, babonye ibyemezo by’amahugurwa ku micungire y’amakoperative bishingiye cyane cyane ku guhangana n’ingaruka ...